Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Ibyobo byo mu Gahoromani bigaragaza ko Jenoside yari yarateguwe kera

todayApril 8, 2019 31

Background
share close

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo ndetse na bamwe mu barokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Kabuga mu murenge wa Rusororo, baravuga ko agace kitwa Agahoromani karimo kubonekamo ibyobo byatawemo Abatutsi babarirwa mu bihumbi, ari kimwe mu bihamya by’uko Jenoside yateguwe kuva kera kandi ingengabitekerezo yayo igikomeje kugeza ubu.

Ibi babishingira ku kuba ibyo byobo ngo byaracukuwe mbere yaho mu mwaka w’1992, ndetse ko abaturage baho ngo badashaka gutanga amakuru y’ahantu hose hakiri imibiri y’abazizze Jenoside yakorewe Abatutsi. Simon Kamuzinzi aratugezaho inkuru ku buryo burambuye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Nyarugenge: Bifuza ko muri Camp Kigali hubakwa urukutwa ruzandikwaho amazina y’abahaguye

Abarokotse Jenoside yakorerwe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Nyarugenge, by’umwihariko abo mu murenge wa Nyarugenge, bifuza ko muri Camp Kigali hubakwa urukuta ruzandikwaho amazina y’abahiciwe. Icyo cyifuzo bagitanze ejo ku wa 7 Mata, ubwo bari aho muri Camp Kigali bibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uva inkuru irambuye hano:

todayApril 8, 2019 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%