Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Ububiligi bwibutse abasirikare babwo biciwe mu Rwanda muri 1994

todayApril 8, 2019 82

Background
share close

Minisitiri w’Intebe w’ubwami bw’Ububiligi Charles Michel yatangaje ko mbere y’uko uku kwezi kwa Mata 2019 kurangira, inteko ishinga amategeko y’Ububiligi izaba yamaze gutora itegeko rihana icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside.
Yabivugiye I Kigali, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 abasirikare 10 b’Ababiligi biciwe I Kigali muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Bamwe mu bagize imiryango y’aba basirikare bavuga ko n’ubwo baterwa agahinda n’ababo biciwe mu rwanda, ariko ngo bigira ku banyarwanda nabo babuze abantu benshi, ariko bakaba barahisemo kureba ahazaza habo heza.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Rusizi bifuza ko haboneka inyandiko zerekana umwihariko w’amateka ya Jenoside

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu karere ka Rusizi bibaza impamvu imyaka 25 yose ishize jenoside ihagaritswe ariko kugeza ubu bakaba batabona inyandiko z’amateka agaragaza umwihariko wa jenoside yakorewe abatutsi muri aka karere. Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko bwihaye intego ko yo gukangurira abaturage bazi aya mateka kuyavuga; ibitaramenyekana byose bikajya ahagaragara, kuko ariko kwiyubaka nyako. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 8, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%