Umwe mu Banyarwanda barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Charles Habonimana yamuritse igitabo yise “Moi, le dernier Tutsi”, aho agaragaza ubwicanyi bw’indengakamere yarokotse wenyine mu mivu y’amaraso ahitwa i Muyunzwe mu karere ka Ruhango .
Habonimana yamuritse iki gitabo ejo ku wa kabiri, mu muhango wari witabiriwe na Madame wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame ndetse n’ imbaga y’Abanyarwanda n’Abanyamahanga.
Umva inkuru irambuye hano: