KT Radio Real Talk, Great Music
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Gatagara buratangaza ko nyuma y’amezi 10 bakorana n’ubwishingizi mu kwivuza bwa mituweri, abagana bino bitaro babaye benshi ku buryo nko muri serivise igorora ingingo ubu bari gutanga rendez-vous zo mu kwa gatanu k’umwaka utaha wa 2020.
Ubuyobozi bw’ibi bitaro buvuga ko ibi biterwa n’ubukeya bw’abakozi bifite. Bukaba butekereza ko buramutse bwemerewe urutonde rw’inzego z’imirimo bwatanzeho icyifuzo muri minisiteri y’ubuzima, ibi bibazo byakemuka.
Umva inkuru irambuye hano:
Written by: KT Radio Team
Copyright © 2023 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)