Inkuru Nyamukuru

Yatandukanye n’umugabo we kubera indwara yo kujojoba

todayJune 5, 2019 29

Background
share close

Umubyeyi wo mu karere ka Ruhango twahisemo kwita Uwimana, avuga ko umugabo we yamutaye nyuma y’uko arwaye indwara yo kujojoba (Fistula) amaze kubyara umwana wa kabiri, akaba yari ayimaranye imyaka 18.
Uyu mubyeyi yabitangarije Kigali Today ku bitaro bya Kibagabaga aho yari yaje ngo bamurebere ko yakize neza, nyuma yo kubagwa n’abaganga b’inzobere muri Gashyantare uyu mwaka.
Uwimana yemeza ko ubu ameze neza ndetse ko agiye kongera gukorera urugo rwe nyuma y’igihe kinini atarakibishobora.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abayislam bizihije Id El Fitr bafasha abatishoboye

Abayisilamu mu karere ka Nyagatare basabwe kugira urukundo rw’igihugu no kwitandukanya n’ababeshya bagamije kubangisha ubuyobozi bwiza bwabahaye agaciro. Babisabwe kuri uyu wa 04 Kamena mu masengesho yo kwizihiza umunsi wa Eid El Fitr usoza ukwezi ku igisibo cya Ramdhan. Nyuma y’amasengesho, bamwe mu bayisilamu batishoboye bahawe amafunguro ya Zakatr-Fitr ibiro 2.5 by’umuceri na 2.5 by’ibishyimbo mu rwego rwo kubafasha kwishimana n’imiryango yabo. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 4, 2019 33

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%