‘Ikofi’ yitezweho gukemura ikibazo cy’inyongeramusaruro zatindaga
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Géraldine Mukeshimana avuga ko gahunda y’Ikofi yo gufasha abahinzi kongera umusaruro yatangijwe na Banki ya Kigali (BK) izafasha mu gukemura ikibazo cy’itinda ry’imbuto n’ifumbire abahinzi bahora bavuga. Iyo gahunda imaze igihe gito itangiye, igamije kwandika abahinzi n’imyirondoro yabo mu buryo bw’ikoranabuhanga ku buryo buri wese igaragaza imikorere ye, ikamufasha kandi kwizigamira amafaranga kuri telefone ku buryo icyo yakenera akigura bitamugoye kikamugeraho ku gihe. Umukozi wa BK […]
Post comments (0)