Inkuru Nyamukuru

Ntigurirwa yasoje urugendo rw’ibirometero birenga 1000 n’amaguru azenguruka u Rwanda

todayJuly 25, 2019

Background
share close

Umunyarwanda witwa Ntigurirwa Hypolyte yesheje agahigo ko kugenda ibirometero birenga 1000 n’amaguru azenguruka u Rwanda mu gikorwa cyari kigamije kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi.
Ntigurirwa yasoje urwo rugendo kuri uyu wa kane nyuma y’iminsi igera ku 104 yari amaze azenguruka igihugu n’amaguru.
Uru rugendo rukaba rwari rufite insanganyamatsiko igira iti “biba amahoro”

Umva inkuru irambuye hano:

Kanda hano urebe andi mafoto

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Bitambitse umuhesha w’inkiko bamubuza kubatereza cyamunara

Abanyamuryango ba koperative dukundumurimo kuri uyu wa kane bitambitse mu muhanda babuza umuhesha w’inkiko gutambuka ngo ajye kubatereza cyamunara ibagiro rya koperative yabo. Ni abanyamuryango b’iyo koperative yo mu karere ka Rubavu, bamaze iminsi batanze ikirego mu rukiko rw’ubucuruzi rwa Kigali nyuma y’uko bahuye n’igihombo bavuga ko batejwe na rwiyemezamirimo wakoranye n’abari abayobozi b’iyo koperative. Umva inkuru irambuye hano: Soma kandi unarebe video ijyanye n'iyi nkuru aha: Rubavu: Bitambitse umuhesha […]

todayJuly 25, 2019 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%