Inkuru Nyamukuru

Expo 2019: Haramurikwa ‘kandagirukarabe’ ivuguruye

todayJuly 26, 2019 122

Background
share close

Iyo kandagirukarabe ikozwe mu buryo bwa kijyambere ariko ukabona yarakozwe hagendewe ku zo tumenyereye, ikaba ifite ahajya amazi meza, ahamanukira ayakoreshejwe n’ahajya isabune y’amazi.
Ni igikoresho cya kijyambere gikoze muri pulasitiki ikomeye kandi cyimukanwa, kikaba kirimo kumurikwa mu imurikagurisha mpuzamahanga rya 2019 ribera i Gikondo, ndetse hakanamurikwa n’ubwiherero bugendanwa (mobile toilet), byose bicuruzwa na sosiyete ya Ecomem.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kirehe: 144 bishyize hamwe babasha kwigezaho umuriro w’amashanyarazi

Nsengiyumva Jean Damscene, umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe ubukungu arashimira uruhare rwa bamwe mu baturage b’akagari ka Nyakabungo umurenge wa Mpanga bishyize hamwe bakigezaho umuriro w’amashanyarazi. Bwana Nsengiyumva avuga ko uyu muriro uzongera imirimo cyane ku rubyiruko bityo ubukene bugabanyuke. Yabitangaje ejo ku wa gatanu, ubwo hatahwaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyankorogoma rwubatswe ku ruhare rwa kompanyi yitwa Ducane Kubrud y’abaturage bishyize hamwe rukazatanga KW 13 rugacanira abaturage b’imidugudu ya […]

todayJuly 26, 2019 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%