Inkuru Nyamukuru

Kirehe: 144 bishyize hamwe babasha kwigezaho umuriro w’amashanyarazi

todayJuly 26, 2019 40

Background
share close

Nsengiyumva Jean Damscene, umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe ubukungu arashimira uruhare rwa bamwe mu baturage b’akagari ka Nyakabungo umurenge wa Mpanga bishyize hamwe bakigezaho umuriro w’amashanyarazi.
Bwana Nsengiyumva avuga ko uyu muriro uzongera imirimo cyane ku rubyiruko bityo ubukene bugabanyuke.
Yabitangaje ejo ku wa gatanu, ubwo hatahwaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyankorogoma rwubatswe ku ruhare rwa kompanyi yitwa Ducane Kubrud y’abaturage bishyize hamwe rukazatanga KW 13 rugacanira abaturage b’imidugudu ya Kabuga na Rudandi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ntigurirwa yasoje urugendo rw’ibirometero birenga 1000 n’amaguru azenguruka u Rwanda

Umunyarwanda witwa Ntigurirwa Hypolyte yesheje agahigo ko kugenda ibirometero birenga 1000 n'amaguru azenguruka u Rwanda mu gikorwa cyari kigamije kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi. Ntigurirwa yasoje urwo rugendo kuri uyu wa kane nyuma y’iminsi igera ku 104 yari amaze azenguruka igihugu n’amaguru. Uru rugendo rukaba rwari rufite insanganyamatsiko igira iti “biba amahoro” Umva inkuru irambuye hano: Kanda hano urebe andi mafoto

todayJuly 25, 2019

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%