Leta yashoye miliyari 11Frw mu gutunganya umusaruro ukomoka ku buhinzi wangirika
Ikigo cy’igihugu cyita ku buhinzi, RAB, kiratangaza ko Leta yashyize miliyari 11 z’Amafaranga y’u Rwanda mu gutunganya umusaruro muri rusange kuko kugeza ubu ngo hakiri mwinshi wangirika. Byatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa RAB, Dr Patrick Karangwa, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’itangizwa ku mugaragaro ry’inama mpuzamahanga ivuga ku bijumba, inama izwi nka APA (African Potato Association). U Rwanda ngo ruri mu bihugu bitandatu bya mbere ku mugabane wa Afurika bifite […]
Post comments (0)