Abatuye ku Kirenge barasaba ko ikirenge cya Ruganzu cyahahoze cyahagarurwa
Abaturage bo mu karere ka Rulindo bakomeje gusaba ubuyobozi ko ikirenge cya Ruganzu, kimwe mu bimenyetso ndangamateka byo muri ako gace kivanywa mu ngoro ndangamurage y’amateka ya Huye kikagarurwa ku ivuko. Ikirenge cya Ruganzu kimuriwe muri iyo ngoro ahagana muri za 80 hakorwa umuhanda Kigali - Rulindo. Icyifuzo cyo kukigarura ku gicumbi, abaturage bagitanze mu muhango wo gutaha ku mugagaro inyubako ndangamateka zishamikiye ku kigo ndangamateka cy’akarere ka Rulindo kitwa […]
Post comments (0)