Ubuzima bw’imyororokere bukwiye kuganirwa mu muganda n’inama zihuza abaturage
Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere zirasaba ko ibiganiro bivuga kuri iyi ngingo byajya biganirwa no muri gahunda zahurije hamwe abaturage, kugira ngo umwana utabashije kubona amakuru mu muryango we cyangwa ku ishuri ayabone mu bundi buryo. Ibi biravugwa mu gihe imibare y’abana baterwa inda zitateguwe ikomeza kuzamuka buri mwaka, abana bato na bo bakagaragaza ko ababyeyi bamwe batagira ubushake bwo kubaganiriza ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)