Inkuru Nyamukuru

Akora akazi ko gutunganya imisatsi atitaye ko yarangije kaminuza

todayNovember 9, 2019 35

Background
share close

Shallon Abahujinkindi warangije kaminuza mu ishami ry’icungamutungo n’ibruramari, yahisemo kwiga umwuga ujyanye n’ubwiza harimo no gutunganya imisatsi kuko yabonaga kubona akazi kajyanye n’ibyo yize bitoroshye none ubu ngo biramutunze.

Uwo mukobwa warangije kaminuza muri 2017, yanze gushomera ahitamo kujya kwiga umwuga abifashijwemo n’Umuryango mpuzamahanga ushinzwe guteza imbere uburezi n’amahugurwa (APEFE).

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abatujwe mu mudugudu wa Kinihira barakangurirwa kwishakamo ubushobozi bwo kubona ibikoresho bakeneye

Mu karere ka Nyagatare, abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 batishoboye batujwe mu mudugudu wa Kinihira akagari ka Barija umurenge wa Nyagatare, barashima leta yabazirikanye ariko bakifuza n’ubundi bufasha mu bikoresho byo mu nzu kuko nta bushobozi bafite bwo kubyigurira. Ubuyobozi bw’akarere ariko buvuga ko abaturage bagomba kwishakamo ubushobozi bwo kwikemurira ibibazo, kuko byose bidashobora gutangwa na Leta. Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wa Kinihira ni […]

todayNovember 7, 2019 49

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%