Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru: Basigaye bagirwa n’amarerero abahera abana amata.docx

todayDecember 6, 2019 16

Background
share close

Mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, hari ababyeyi bavuga ko nyuma yo kuzamuka kw’ibiciro by’ibiribwa ku isoko by’umwihariko ibishyimbo, bari batangiye kwiheba bibaza uko abana babo bazakura.

Izi mpungenge ariko ntabwo zikibakanga cyane kubera ko hari amarerero abahera abana amata, bityo bakaba bizeye ko nta kibazo cy’imirire mibi bazagira.

Muri rusange mu Karere ka Nyaruguru hari amarerero 865. Uretse imidugudu ifite ayubatswe ku rwego rw’akagari, imidugudu yindi igiye igira amarerero yo mu ngo byibura atatu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Guca inyuma umugore uri ku kiriri ntibihindura imiterere y’umwana

Umuyobozi w’ibitaro bya Nyagatare Doctor Munyemana Ernest avuga ko guca inyuma umugore akiri ku kiriri akabimenya ntacyo bihindura ku miterere y’umwana nk’uko bamwe babitekereza. Ikibazo ahubwo gishobora kubaho umwana akagira ubumuga mu mezi 3 ya mbere akiri mu nda ya nyina. Doctor Munyemana asobanuye ibi mu gihe hari abana bavukana ubumuga ababyeyi babo bagashinja abo bashakanye ko babaciye inyuma batarava ku kiriri bigatuma umwana adahaguruka. Umva inkuru irambuye hano:

todayDecember 6, 2019 219

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%