Inkuru Nyamukuru

Musanze: Club Intumwa z’Amahoro ifatwa nk’umuvuzi w’ingo

todayJanuary 9, 2020 26

Background
share close

Mu karere ka Musanze, abagabo n’abagore bari muri Club Intumwa z’amahoro bayigereranya na muganga w’ingo, kuko bayubakiyeho bakabasha gusobanukirwa n’uruhare rwabo mu kwimakaza amahoro.

Abanyamuryango ba Club Intumwa biganjemo abakuze, baharanira kwimakaza amahoro babinyujije mu myidagaduro.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muhoza aho iyo Club ibarizwa, bukangurira abaturage gusenyera umugozi umwe, bubahiriza gahunda n’umurongo igihugu gifite mu kurushaho kwimakaza amahoro mu buryo burambye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ibivugwa ko u Rwanda rugiye kwikebera igice cya DR Congo nta shingiro bifite – Minisitiri Biruta

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta, avuga ko Abanyapolitiki barimo n’abanyamadini bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko u Rwanda rufite umugambi wo kwigarurira igice cy’icyo gihugu nta shingiro bifite kuko ibihugu byombi bibanye neza. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, cyari kigamije kugaragariza Abanyarwanda uko ububanyi n’amahanga buhagaze. Minisitiri Biruta yavuze ko ibivugwa n’abo banyapolitiki ntaho bishingiye kuko nta kimenyetso na kimwe bagaragaza cyane […]

todayJanuary 8, 2020 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%