Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru: Nyabimata haracyavugwa ubuharike

todayMarch 25, 2020 29

Background
share close

Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru buravuga ko buri kuvugutira umuti ikibazo cy’abagabo bata ingo zabo bakajya gushaka abandi bagore.

Ubuharike muri kano gace ngo bukaba ari ubwo kuva kera dore ko ari kimwe mu bibazo bigezwa ku bayobozi buri uko bagendereye umurenge wa Nyabimata bakaganira n’abaturage.

Aba ni bamwe mu bagore bagaragaza ikibazo cyabo mu nkuru ya Marie Claire Joyeuse:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

COVID 19: Gushyingura muri iyi minsi bigomba gukorwa n’abantu bake bagize umuryango – Ubuyobozi

Muri iki gihe hafashwe ingamba zikomeye zo kwirinda icyorezo cya Covid 19, Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian aributsa abaturage ko gushyingura bikwiye gukorwa n’abantu bacye bagize umuryango. Abitangaje mugihe abaturage b’umudugudu wa Kabare akagari ka Kabare bagaragaza impungenge z’ukuntu baribushyingure umuturage wabo waraye yitabye Imana kandi mu baje gutabara harimo abagize umuryango we batuye I Kigali. Mushabe David Claudian avuga ko gushyingura muri ibi bihe byo kwirinda ikwirakwira […]

todayMarch 25, 2020 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%