Inkuru Nyamukuru

Ibihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza inshingano yo kwibuka – Perezida Kagame

todayApril 7, 2020 41

Background
share close

President wa Rep y’u Rwanda Kagame Paul yavuze ko ibihe igihugu kirimo bidasanzwe n’isi yose muri rusange, bidashobora kubaza abanyarwanda kuzuza inshingano yo kwibuka no guha icyubahiro abo u Rwanda rwabuze muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Ni mu ijambo umukuru w’igihugu yagejeje ku baturarwanda kuri uyu wa kabiri tariki 7 Mata, umunsi wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 26 jenoside yakorewe batutsi mu Rwanda.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ikoranabuhanga n’itumanaho birafasha Abanyarwanda guhozanya – Min Busingye

Mu gihe kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihuriranye no kwirinda icyorezo Covid-19 cyugarije isi, Leta y’u Rwanda iragira inama abantu gufatana mu mugongo no guhumurizanya hifashishijwe itumanaho, itangazamakuru n’ikoranabuhanga. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko n’ubwo hari gahunda ya “guma mu rugo” kwibuka bitagomba kugira ikibibuza kuba, kuko ngo Abaturarwanda bafite ibikoresho bitandukanye bakwifashisha birimo telefone, mudasobwa, radio na televiziyo. […]

todayApril 7, 2020 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%