Inkuru Nyamukuru

Musanze: Hari abambara udupfukamunwa mu ijosi

todayMay 5, 2020 48

Background
share close

Mu gihe kuri uyu wa mbere abaturage mu bice bitandukanye by’igihugu bongeye kwemererwa gusubira mu buzima bwabo bwa buri mu minsi ariko bakurikiza amabwiriza yo kwirinda covid-19, mu karere ka Musanze hagaragaye abantu benshi bambaye udupfukamunwa mu ijosi.

Abavuganye n’umunyamakuru wa KT radio, Mutuyimana Servillien bavuga ko ibi barimo kubiterwa n’akamenyero gake.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Abakorera mu isoko bubahirije intera ya 50% bishimiye kongera gukomorerwa

Abacururiza mu isoko rya Muhanga baravuga ko gukora bubahiriza amabwiriza yagenwe yo gukurikiza 50% by’abacuruzi barikoreramo nta kibazo byabateje. Kubahiriza impuzandengo ya 50% by’abakoresha isoko rya Muhanga biri gukorwa hakurikijwe gusimburana bamwe bagakora umunsi umwe abandi bakazakora ukurikiyeho, kandi hubahirizwa amabwiriza y’isuku no guhana intera hagati y’umuntu n’undi. Ariko nanone abacururiza muri iri soko bavuga ko bakeneye gusonerwa imisoro ku bari basanzwe badakora kuko gukodesha ibibanza batarakoze byabagiraho ingaruka. Umva […]

todayMay 4, 2020 50

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%