Inkuru Nyamukuru

Gusoroma icyayi byabarinze inzara mu gihe cya #GumaMuRugo

todayJune 30, 2020 139

Background
share close

Abasoromyi b’icyayi mu ruganda rw’icyayi rw’i Mata mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko mu gihe hari abari basanzwe batunzwe no gukora nyakabyizi bahuye n’ingorane z’imibereho mu gihe cya Gumamurugo yatewe na Coronavirus, bo nta nzara bahuye na yo.

Aba bahinzi bavuga ko impamvu ari ukubera ko bakomeje gukora umurimo wabo kuko n’uruganda bakorera rutigeze ruhagarara gukora.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Ibura ry’amatafari ntiryadindije iyubakwa ry’ibikorwa remezo

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyagatare buravuga ko ibura ry'amatafari ritazadindije ibikorwa byagombaga kubakwa birimo amashuri, amavuriro, amasoko n’imidugudu y’icyitegererezo. Umuyobozi wako, Mushabe David Claudian yabwiye KT Radio ko hifashishijwe amatafari avuye mu tundi turere duhana imbibi na Nyagatare kugira ngo ibikorwa bitadindira. Ibyinshi muri ibi bikorwa bigomba gutahwa tariki 4 Nyakaganga ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 26. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 30, 2020 54

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%