Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru: Bazizihiza kwibohora 26 banishimira kubohoka ku mwijima

todayJuly 3, 2020 18

Background
share close

Abatuye mu Gasantere ka Rubuga mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko bazizihiza isabukuru y’imyaka 26 y’Ukwibohora banishimira ko babohotse ku mwijima.

Ibi babihera ku kuba muri aka gasantere bahahiramo ubu hari amatara arara yaka ku muhanda, bigatuma babasha gukora kugera na nijoro nyamara mbere barahagarikaga gukora kare.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyamagabe: Ibiraro byo mu kirere bubakiwe bizoroshya imyigire y’abana babo

Abatuye mu mudugudu wa Rweru mu Murenge wa Kamegeri mu Karere ka Nyamagabe, baravuga ko ikiraro cyo mu kirere bubakiwe ku mugezi wa Mwogo kizatuma imyigire y’abana babo irushaho kugenda neza. Amashuri abana bo muri uwo mudugudu bigaho ari hakurya y’umugezi wa Mwogo, ku buryo kujya ku ishuri byabasabaga kuzenguruka bagakora urugendo rw’ibirometero bitatu, mu gihe uwambutse umugezi wa Mwogo akora urugendo rutarenze ikirometero kimwe. Iri teme ryo mu kirere […]

todayJuly 3, 2020 47

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%