Nyagatare: Umudugudu wahawe ibyangombwa byanditse mu mazina y’akarere
Abatuye umudugudu wa Kabare akagari ka Kabare umurenge wa Rwempasha barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare gukura mu mutungo w’akarere ibibanza batuyeho, bagahabwa ibyangombwa biri mu mazina yabo. Aba baturage bavuga ko kuba badafite ibyangombwa by’imitungo yabo ari ikibazo, kuko batabasha kugana ibigo by’imari ngo bahabwe inguzanyo. Ubuyobiz bwa kano karere bwo buvuga ko butari buzi kino kibazo ariko ko bugiye kugikurikirana. Umudugudu wa Kabare utuwe n’ingo 181, ku buso burenga […]
Post comments (0)