Inkuru Nyamukuru

Gisagara: Barashimira Perezida Kagame kubera ikusanyirizo ry’amata begerejwe

todayJuly 7, 2020 50

Background
share close

Abatuye mu Murenge wa Musha mu Karere ka Gisagara barishimira ikusanyirizo ry’amata begerejwe. Bavuga ko rizatuma kugera ku isoko biborohera, ku buryo bazabasha gutera imbere babikesha inka zabo.

Iryo kusanyirizo ry’amata ryubatswe mu mwaka ushize w’ingengo y’imari wa 2019-2020, ubu rikaba ryaruzuye. Ribaye irya Kabiri ryubatswe muri ako karere kuko irya mbere ryari mu Murenge wa Ndora, ari na wo wubatsemo ibiro by’akarere.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Umudugudu wahawe ibyangombwa byanditse mu mazina y’akarere

Abatuye umudugudu wa Kabare akagari ka Kabare umurenge wa Rwempasha barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare gukura mu mutungo w’akarere ibibanza batuyeho, bagahabwa ibyangombwa biri mu mazina yabo. Aba baturage bavuga ko kuba badafite ibyangombwa by’imitungo yabo ari ikibazo, kuko batabasha kugana ibigo by’imari ngo bahabwe inguzanyo. Ubuyobiz bwa kano karere bwo buvuga ko butari buzi kino kibazo ariko ko bugiye kugikurikirana. Umudugudu wa Kabare utuwe n’ingo 181, ku buso burenga […]

todayJuly 7, 2020 67

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%