Hari abafashwe bugwate mu bitaro bya Ruhengeri kubera umwenda babibereyemo
Bamwe mu baheruka kuvurwa n’ibitaro bikuru bya Ruhengeri bakabura ubwishyu bahangayikishijwe no kuba barabuze uko basubira mu miryango yabo, ibintu bafata nk’aho ari ugufatwa bugwate. Mu bavuwe bakabura ubwishyu barimo n’abagore bahamaze amezi akabakaba atatu bahabyariye. Abo ngo batewe ubwoba n’uko nta gikozwe, abana babo bari mu byago byo kuba igihe icyo ari cyo cyose bashobora kurwara bikomeye, kuko nta na rimwe barakingirwa kuva bavuka. Ubuyobozi bw'ibi bitaro buvuga ko […]
Post comments (0)