Inkuru Nyamukuru

Impanuka zabaye muri iki cyumweru zahitanye abantu 14

todayAugust 8, 2020 78

Background
share close

Polisi y’u Rwanda itangaza ko muri iki cyumweru habaye impanuka zinyuranye zihitana ubuzima bw’abantu 14, ahanini ngo ziturutse ku muvuduko ukabije.

Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wungirije w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ACP Teddy Ruyenzi, aho yavugaga ku bijyanye n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda kubera ubwira cyangwa izindi mpamvu bigateza impanuka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Hari abafashwe bugwate mu bitaro bya Ruhengeri kubera umwenda babibereyemo

Bamwe mu baheruka kuvurwa n’ibitaro bikuru bya Ruhengeri bakabura ubwishyu bahangayikishijwe no kuba barabuze uko basubira mu miryango yabo, ibintu bafata nk’aho ari ugufatwa bugwate. Mu bavuwe bakabura ubwishyu barimo n’abagore bahamaze amezi akabakaba atatu bahabyariye. Abo ngo batewe ubwoba n’uko nta gikozwe, abana babo bari mu byago byo kuba igihe icyo ari cyo cyose bashobora kurwara bikomeye, kuko nta na rimwe barakingirwa kuva bavuka. Ubuyobozi bw'ibi bitaro buvuga ko […]

todayAugust 7, 2020 49

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%