Inkuru Nyamukuru

Shadyboo na Bruce Melody batawe muri yombi kubera kutubahiriza amabwiriza ya Covid-19

todayAugust 11, 2020 138

Background
share close

Police y’u Rwanda yemeje ko ibyamamare Shadyboo na Bruce Melodie batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 no guteza urusaku.

Umuvugizi wa Police y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yemereye Kigali Today aya makuru.

Yagize ati: “Batawe muri yombi bazira kutubahiriza amabwiriza ya guverinema yo kwirinda ikwirakwira ria Covid-19, no guteza urusaku.”

Shadyboo na Bruce Melody bafatiwe mu gace ka Kimironko mu karere ka Gasabo, ku cyumweru aho bari bagiye gusura inshuti.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

RIB yerekanye umugabo ukekwaho gucuruza abakobwa mu bikorwa by’ubusambanyi

Kuri uyu wa Mbere tariki 10 Kanama 2020, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rweretse itangazamakuru Bizimana Celestin akurikiranyweho ibyaha bitandukanye harimo n’icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, aho yacuruzaga abakobwa ku bagabo mu bikorwa by’ubusambanyi. Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko Bizimana yibaga indangamuntu z’abantu akazibaruzaho nimero za telefoni akaba arizo yakoreshaga ibyaha. Yafatanywe simcards 10 harimo imwe aherutse gukoresha asaba abantu ko bamushakira abakobwa beza yitaga “High Class” bajya gukoreshwa […]

todayAugust 10, 2020 34

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%