Inkuru Nyamukuru

Menya ibyo uwahombejwe na Covid-19 aba yujuje kugira ngo ahabwe inguzanyo imugoboka

todaySeptember 9, 2020 42

Background
share close

Leta yashyizeho ikigega cya Miliyari 100 z’Amafaranga y’u Rwanda yo kugoboka abacuruzi, n’abandi banyemari, ibikorwa byabo byazahaye kubera Covid-19.

Iyo nguzanyo yorohereza abujuje ibisabwa kugira ngo bayihabwe kuko inyungu ari nto kandi bagahabwa n’igihe cyo kwisuganya mbere yo gutangira kwishyura.

Nk’uko tugiye kubyumva muri iyi nkuru , ntago iyi nguzanyo ihabwa uyishatse wese kuko hari ibyo agomba yujuje.

Ese ibyo bisabwa ni ibiki?

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Hagiye kubakwa Gare iri mu za mbere nziza mu gihugu

Ubuyobozi bwa JALI Investment Ltd butangaza ko bugiye kubaka ahahagarara imodoka zitwara abagenzi hazwi nka ‘Gare’ hazaba ari aha mbere mu Rwanda kurenza aho bamaze kubaka. Col Twahirwa Louis Dodo, umuyobozi wa JALI Investment Ltd yabitangarije Kigali Today nyuma yo gusinyana amasezerano n’Akarere ka Rubavu yo kubaka iyi Gare izuzura itwaye abarirwa muri miliyari umunani z’Amafaranga y’u Rwanda. Gare izubakwa ahigeze gushyirwa Gare n’ubundi hitwa Nyakabungo hazaba hafite ubunini bungana […]

todaySeptember 8, 2020 76

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%