Ubushinjacyaha bwasobanuye iby’igihano cy’umwana w’imyaka 15 wacuruje urumogi
Ubushinjacyaha Bukuru bwasobanuye ibyo gukatira igifungo cy’imyaka ibiri umwana w’imyaka 15, wahamijwe n’urukiko gucuruza urumogi agakatirwa igifungo cy’imyaka ibiri isubitse. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Faustin Nkusi Byatangajwe mu gihe hari benshi bari bakomeje kwibaza kuri iyo myaka n’icyo gihano, ariko Ubushinjacyaha bwasobanuye ko ubutabera bwakoze akazi kabwo neza mu guhana uwo mwana. Ikibazo cy’uwo mwana w’umuhungu cyamenyekanye ku wa 31 Mutarama 2023, ubwo yagezwaga mu rukiko, ngo aburanishwe ku cyaha cyo gucuruza […]
Post comments (0)