Kwibuka 25: Ububiligi bwibutse abasirikare babwo biciwe mu Rwanda muri 1994
Minisitiri w’Intebe w’ubwami bw’Ububiligi Charles Michel yatangaje ko mbere y’uko uku kwezi kwa Mata 2019 kurangira, inteko ishinga amategeko y’Ububiligi izaba yamaze gutora itegeko rihana icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside. Yabivugiye I Kigali, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 abasirikare 10 b’Ababiligi biciwe I Kigali muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bamwe mu bagize imiryango y’aba basirikare bavuga ko n’ubwo baterwa agahinda n’ababo biciwe mu rwanda, ariko […]
Post comments (0)