Inkuru Nyamukuru

Abatwara abagenzi barasabwa kugenzura imizigo y’abagenzi mu rwego rwo kurwanya icuruzwa ry’ibiyobyabwenge

todayJune 13, 2019 19

Background
share close

Polisi y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru barasaba abatwara ibinyabiziga kujya bagenzura imizigo y’abagenzi batwaye kandi bakagira amakenga ku mizigo yose, kuko ariyo nzira yo guca intege abatunda ibiyobyabwenge na magendu babikwirakwiza hirya no hino.

Ibi biravugwa mu gihe mu bice bimwe na bimwe by’intara y’amajyaruguru abafatirwa mu cyuho usanga akenshi bifashisha ibinyabiziga.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru CIP Alex Rugigana yagaragaje ko nta byumweru bibiri bishize bafashe imodoka yari itwaye udupfunyika tw’urumogi turenga ibihumbi bibiri, n’udushashi twa chief waragi ariko twafashwe twaramaze kugera mu Ntara.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abaturage bemereye Leta kuyikodesha ubutaka imyaka 49

Abaturage b’umurenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare bafite ubutaka ahazakorera umushinga w’ubuhinzi bwuhirwa I musozi, bemeranijwe na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kuyikodesha ubutaka mu myaka 49. Ni umushinga uzashyirwa mu bikorwa n’abashoramari bo mu gihugu cya Israel ku bufatanye n’abaturage bagize imiryango 1,200. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 12, 2019 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%