Inkuru Nyamukuru

Abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside baribeshya nka Mugesera – Senateri Tito

todayJune 20, 2019 27

Background
share close

Senateri Tito Rutaremara aratangaza ko Leon Mugesera yibeshyaga ubwo yashishikarizaga Abahutu kwica Abatutsi bakabaroha muri Nyabarongo ngo basubire iwabo muri Etiyopiya.
Ibi Senateri Rutaremara akaba yarabivugiye mu karere ka Ruhango, mu muhango wo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi bakajugunywa mu mugezi ya Nyabarongo. Mu mpera z’icyumweru gishize.
Senateri Rutaremara avuga ko Abatutsi baroshywe muri Nyabarongo muri Jenoside mu 1994 batigeze bava mu Rwanda ahubwo ko barutabariye, kandi bakirukunda ari nayo mpamvu abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside nka Mugesera bibeshya, kuko ubu u Rwanda rwubakwa nta vangura.

Umva inkuru irambuye:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

‘Ikofi’ yitezweho gukemura ikibazo cy’inyongeramusaruro zatindaga

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Géraldine Mukeshimana avuga ko gahunda y’Ikofi yo gufasha abahinzi kongera umusaruro yatangijwe na Banki ya Kigali (BK) izafasha mu gukemura ikibazo cy’itinda ry’imbuto n’ifumbire abahinzi bahora bavuga. Iyo gahunda imaze igihe gito itangiye, igamije kwandika abahinzi n’imyirondoro yabo mu buryo bw’ikoranabuhanga ku buryo buri wese igaragaza imikorere ye, ikamufasha kandi kwizigamira amafaranga kuri telefone ku buryo icyo yakenera akigura bitamugoye kikamugeraho ku gihe. Umukozi wa BK […]

todayJune 20, 2019 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%