Kirehe: 144 bishyize hamwe babasha kwigezaho umuriro w’amashanyarazi
Nsengiyumva Jean Damscene, umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe ubukungu arashimira uruhare rwa bamwe mu baturage b’akagari ka Nyakabungo umurenge wa Mpanga bishyize hamwe bakigezaho umuriro w’amashanyarazi. Bwana Nsengiyumva avuga ko uyu muriro uzongera imirimo cyane ku rubyiruko bityo ubukene bugabanyuke. Yabitangaje ejo ku wa gatanu, ubwo hatahwaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyankorogoma rwubatswe ku ruhare rwa kompanyi yitwa Ducane Kubrud y’abaturage bishyize hamwe rukazatanga KW 13 rugacanira abaturage b’imidugudu ya […]
Post comments (0)