Perezida wa Uganda yarezwe mu rukiko ashinjwa “kublocka” umuturage kuri Twitter
UmunyaUganda wiga muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika yareze mu rukiko Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, amushinja kuba yaramubolotse (block) ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter. Hillary Seguya wiga mu ishuri rikuru rya Harvard aho muri Amerika, yatanze ikirego cye mu rukiko rukuru rw’I Kampala ku wa mbere wa kino cyumweru, aho yifuza ko uru rukiko rwemeza ko kuba Perezida Museveni yaramublotse bijyanye no guhonyora uburenganzira ahabwa n’itegekonshinga rya Uganda bwo kudashyirwa […]
Post comments (0)