Inkuru Nyamukuru

Gakenke: Guhagarika ibitero by’Interahamwe akirimuto byamugize Umurinzi w’Igihango

todayAugust 27, 2019 23

Background
share close

Umurinzi w’Igihango witwa Habumugisha Aaron wo mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke aravuga ko n’ubwo yari muto mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, bitamubujije guhangana n’ibitero by’Interahamwe byazaga guhiga Abatutsi muri Serire yayoboraga.

Habumugisha wari ufite imyaka 18 mu 1994, avuga ko yari umwe muri batanu bayoboraga Serire Kibirizi yari atuyemo, ari naho yakoresherezaga inama abaturage abashishikariza kutijandika muri Jenoside.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Leta yashoye miliyari 11Frw mu gutunganya umusaruro ukomoka ku buhinzi wangirika

Ikigo cy’igihugu cyita ku buhinzi, RAB, kiratangaza ko Leta yashyize miliyari 11 z’Amafaranga y’u Rwanda mu gutunganya umusaruro muri rusange kuko kugeza ubu ngo hakiri mwinshi wangirika. Byatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa RAB, Dr Patrick Karangwa, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’itangizwa ku mugaragaro ry’inama mpuzamahanga ivuga ku bijumba, inama izwi nka APA (African Potato Association). U Rwanda ngo ruri mu bihugu bitandatu bya mbere ku mugabane wa Afurika bifite […]

todayAugust 27, 2019 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%