Inkuru Nyamukuru

Kuki umwana akwita mama, papa cyangwa tonto aho kumureberera ukamuhohotera?

todayNovember 6, 2019 40

Background
share close

Iki kibazo cyibajijwe n’abahagarariye imiryango itari iya Leta mu Karere ka Huye, mu nama ku kwigira hamwe ku cyakorwa kugira ngo ihohoterwa rikorerwa abana ricike, batumiwemo n’Urugaga rw’amadini n’amatorero mu kubungabunga ubuzima.

Muri iyi nama bagize kuri uyu wa kabiri tariki 5 Ugushyingo, batahanye umugambi wo kutareberera abagirira abana nabi, bakabishishikariza n’abandi, kabone n’ubwo mu nshingano zabo hatabamo iyo kurwanya ihohoterwa.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

UWARI YARATAYE URUGO YARUSUBIYEMO NYUMA Y’UKO UMUGORE WE ASHYIKIRIJWE INZU YUBAKIWE NA RPF

Mu karere ka Musanze haravugwa umugabo wari warataye umugore n’abana, ariko yamara kumva ko bashyikirijwe inzu bubakiwe nk’abatishoboye akiyemeza kubagarukira. Ni mu murenge wa Cyuve, aho abagore bo mu rugaga rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi mu ntara y’Amajyaruguru, bashyikirije Muhawenima Assouma inzu bamwubakiye we n’abana bane bari bamaze imyaka ibiri batabona se. Ni muri gahunda ikomatanyije ya FPR Inkotanyi mu ntara y’amajyaruguru yo gufasha abaturage kugira imibereho myiza. Umva inkuru […]

todayNovember 6, 2019 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%