Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Ibura ry’amatafari ntiryadindije iyubakwa ry’ibikorwa remezo

todayJune 30, 2020 54

Background
share close

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buravuga ko ibura ry’amatafari ritazadindije ibikorwa byagombaga kubakwa birimo amashuri, amavuriro, amasoko n’imidugudu y’icyitegererezo.

Umuyobozi wako, Mushabe David Claudian yabwiye KT Radio ko hifashishijwe amatafari avuye mu tundi turere duhana imbibi na Nyagatare kugira ngo ibikorwa bitadindira.

Ibyinshi muri ibi bikorwa bigomba gutahwa tariki 4 Nyakaganga ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 26.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Kwibohora bishyira hamwe byatumye abahinga Kawa ibateje imbere

Abahinzi ba kawa bibumbiye muri Koperative Duterane Inkunga Sholi, mu karere ka Muhanga barashishikariza abanyarwanda gukunda umurimo kugira ngo bubake u Rwanda bifuza. Abahinzi bavuze ibi mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza isabukuru ya 26 u Rwanda rwibohoye. Abahinzi bavyga ko kubera kwibohora bageze ku rwego rushimishije biteza imbere aho bamwe biyubakiye amazu yo guturamo abandi bakabasha kwiyishyurira amashuri. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 30, 2020 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%