Rubavu: Hagiye kubakwa Gare iri mu za mbere nziza mu gihugu
Ubuyobozi bwa JALI Investment Ltd butangaza ko bugiye kubaka ahahagarara imodoka zitwara abagenzi hazwi nka ‘Gare’ hazaba ari aha mbere mu Rwanda kurenza aho bamaze kubaka. Col Twahirwa Louis Dodo, umuyobozi wa JALI Investment Ltd yabitangarije Kigali Today nyuma yo gusinyana amasezerano n’Akarere ka Rubavu yo kubaka iyi Gare izuzura itwaye abarirwa muri miliyari umunani z’Amafaranga y’u Rwanda. Gare izubakwa ahigeze gushyirwa Gare n’ubundi hitwa Nyakabungo hazaba hafite ubunini bungana […]
Post comments (0)