Nyaruguru: Nyabimata haracyavugwa ubuharike
Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru buravuga ko buri kuvugutira umuti ikibazo cy’abagabo bata ingo zabo bakajya gushaka abandi bagore. Ubuharike muri kano gace ngo bukaba ari ubwo kuva kera dore ko ari kimwe mu bibazo bigezwa ku bayobozi buri uko bagendereye umurenge wa Nyabimata bakaganira n’abaturage. Aba ni bamwe mu bagore bagaragaza ikibazo cyabo mu nkuru ya Marie Claire Joyeuse:
Post comments (0)