Icyumweru cy’ubutabera: Gereza ntago ari imva – Me Evode Uwizeyimana
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubutabera ushinzwe itegekonshinga n’andi mategeko, Uwizeyimana Evode, aributsa abantu bafunze ko igihugu kikibakunda kandi ko gereza atari imva bityo bashobora kuyisohokamo bakigirira akamaro bakakagirira n’igihugu. Yabitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe, ubwo yasuraga abana bafungiye muri gereza y’abana ya Nyagatare mu cyumweru cy’ubutabera aho yumvaga ibibazo byabo no kubishakira ibisubizo. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)