Bamwe mu baturage ngo bashishikajwe no gushaka imibereho aho batagitekereza umunsi wo kubeshya ugereranije n’ibihe byabanje.
Ibi ni bimwe mu byo baganiriye na KT radio kuri uyu wa mbere taliki 1 Mata 2019, italiki ku isi benshi bafataho nk’umunsi wo kubeshya ariko hatagamijwe kugirira umuntu nabi ahubwo bigakorwa mu buryo bwo kwishimisha.
Umva inkuru irambuye hano: