Ruhango: Abarimu barifuza ko mudasobwa zakongerwa mu mashuri
Abarimu bo mu mashuri yisumbuye mu Karere ka Ruhango baravuga ko kongera ibyumba by’amashuri byajyana no gukwirakwiza ikoranabuhanga rya za Mudasobwa kugira ngo abanyeshuri babashe gukora ubushakashatsi. Barabivuga mu gihe hirya no hino mu Mirenge y’aka Karere hari gutahwa ibikorwa remezo by’imihigo yeshejwe muri uyu mwaka w’ingengo y’imari. Mu burezi, hakaba hubakwa ibyumba bisaga 50 buri mwaka. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)