Inkuru Nyamukuru

MUSANZE – HARI ABANYESHURI BARI GUKORA UBUSHAKASHATSI BUZACYEMURA IKIBAZO CY’UMUSARURO W’IBITOKI UPFA UBUSA

todayApril 1, 2019 39

Background
share close

Abanyeshuri biga ibijyanye n’ubuhinzi no gutunganya umusaruro mu kigo Musanze Polytechnic batangiye gukora ubushakashatsi buzafasha kubungabunga umusaruro w’ibitoki, ukabikwa mu gihe kirambye.
Aba batangiye gukora ifu na makaroni mu bitoki, bikabikwa igihe kirekire, ku buryo biteze ko mu gihe gito bazatangira kubikora ku buryo bibinnjiriza amafaranga.
Ni mu gihe ubuyobozi bwa Rwanda Polytechnic bwo buvuga ko buri kunganira abahanga imirimo nk’iyi kugira ngo bahangane n’ikibazo cy’igishoro gikunze gutuma badapiganwa n’abari ku isoko ry’umurimo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ruhango: Abarimu barifuza ko mudasobwa zakongerwa mu mashuri

Abarimu bo mu mashuri yisumbuye mu Karere ka Ruhango baravuga ko kongera ibyumba by’amashuri byajyana no gukwirakwiza ikoranabuhanga rya za Mudasobwa kugira ngo abanyeshuri babashe gukora ubushakashatsi. Barabivuga mu gihe hirya no hino mu Mirenge y’aka Karere hari gutahwa ibikorwa remezo by’imihigo yeshejwe muri uyu mwaka w’ingengo y’imari. Mu burezi, hakaba hubakwa ibyumba bisaga 50 buri mwaka. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 1, 2019 12

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%