Kigali: Hari abashishikajwe n’iterambere batagitekereza k’umunsi wo kubeshya
Bamwe mu baturage ngo bashishikajwe no gushaka imibereho aho batagitekereza umunsi wo kubeshya ugereranije n’ibihe byabanje. Ibi ni bimwe mu byo baganiriye na KT radio kuri uyu wa mbere taliki 1 Mata 2019, italiki ku isi benshi bafataho nk’umunsi wo kubeshya ariko hatagamijwe kugirira umuntu nabi ahubwo bigakorwa mu buryo bwo kwishimisha. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)