Inkuru Nyamukuru

Ruhango: Abarimu barifuza ko mudasobwa zakongerwa mu mashuri

todayApril 1, 2019 12

Background
share close

Abarimu bo mu mashuri yisumbuye mu Karere ka Ruhango baravuga ko kongera ibyumba by’amashuri byajyana no gukwirakwiza ikoranabuhanga rya za Mudasobwa kugira ngo abanyeshuri babashe gukora ubushakashatsi.
Barabivuga mu gihe hirya no hino mu Mirenge y’aka Karere hari gutahwa ibikorwa remezo by’imihigo yeshejwe muri uyu mwaka w’ingengo y’imari. Mu burezi, hakaba hubakwa ibyumba bisaga 50 buri mwaka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Hari abashishikajwe n’iterambere batagitekereza k’umunsi wo kubeshya

Bamwe mu baturage ngo bashishikajwe no gushaka imibereho aho batagitekereza umunsi wo kubeshya ugereranije n’ibihe byabanje. Ibi ni bimwe mu byo baganiriye na KT radio kuri uyu wa mbere taliki 1 Mata 2019, italiki ku isi benshi bafataho nk’umunsi wo kubeshya ariko hatagamijwe kugirira umuntu nabi ahubwo bigakorwa mu buryo bwo kwishimisha. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 1, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%