Inkuru Nyamukuru

Abarokotse ni bo bonyine bari basigaranye icyo gutanga: Imbabazi zabo – Perezida Kagame

todayApril 7, 2019 53

Background
share close

Kuri uyu wa karindwi mata, abanyarwanda batangiye iminsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 25 abazize Jenoside yakorewe abatutsi.
Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cy’icyunamo, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye abarokotse Jenoside, avuga ko nyuma ya Jenoside ari bo bonyine bari basigaranye icyo batanga ari cyo mbabazi zabo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ibyo wamenya kuri kanseri y’igitsinagabo

Impuguke mu buvuzi, zemeza ko cancer y’igitsina cy’abagabo ari indwara itandura yahozeho kuva kera ariko abanyarwanda ntibayimenya. Iyi ndwara ngo ikunze kwibasira abagabo bo mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kuko imibare iri hejuru cyane ugereranyije n’uko ihagaze mu bihugu byateye imbere. Iyo urebye ibimenyetso byayo, ubona ko ishobora kuba ari nk’iyo abanyarwanda bo hambere bitaga uburagaza. Inkuru irambuye:

todayApril 6, 2019 60

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%