Yatandukanye n’umugabo we kubera indwara yo kujojoba
Umubyeyi wo mu karere ka Ruhango twahisemo kwita Uwimana, avuga ko umugabo we yamutaye nyuma y’uko arwaye indwara yo kujojoba (Fistula) amaze kubyara umwana wa kabiri, akaba yari ayimaranye imyaka 18. Uyu mubyeyi yabitangarije Kigali Today ku bitaro bya Kibagabaga aho yari yaje ngo bamurebere ko yakize neza, nyuma yo kubagwa n’abaganga b’inzobere muri Gashyantare uyu mwaka. Uwimana yemeza ko ubu ameze neza ndetse ko agiye kongera gukorera urugo rwe […]
Post comments (0)