Inkuru Nyamukuru

Abonerwa n’inyamaswa zo muri Nyungwe baratabaza

todayJune 5, 2019 58

Background
share close

Abaturage b’imirenge yose ikora ku ishyamba rya Nyungwe baribaza impamvu nta gikorwa ngo bakemurirwe ikibazo cy’imyaka yabo yonywa n’inyamashwa ziva muri pariki y’igihugu ya nyungwe.
Ubuyobozi bw’umurenge wa Karambi buvuga ko ubwoko bw’inyamaswa zibonera butarajya kurutonde rw’inyamaswa zigomba kwishyurirwa ibyo zonnye.
Hagati aho ariko ubuyobozi bw’intara bwo buvuga ko aba baturage bakwiye kurenganurwa kuko nta nyamaswa igomba kwishyurirwa indi ngo ntiyishyurirwe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Yatandukanye n’umugabo we kubera indwara yo kujojoba

Umubyeyi wo mu karere ka Ruhango twahisemo kwita Uwimana, avuga ko umugabo we yamutaye nyuma y’uko arwaye indwara yo kujojoba (Fistula) amaze kubyara umwana wa kabiri, akaba yari ayimaranye imyaka 18. Uyu mubyeyi yabitangarije Kigali Today ku bitaro bya Kibagabaga aho yari yaje ngo bamurebere ko yakize neza, nyuma yo kubagwa n’abaganga b’inzobere muri Gashyantare uyu mwaka. Uwimana yemeza ko ubu ameze neza ndetse ko agiye kongera gukorera urugo rwe […]

todayJune 5, 2019 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%