Perezida Kagame asanga gahunda z’iterambere zigomba gushingira ku muturage
President w’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko gahunda z’iterambere zigomba gushingira ku muturage kandi akaba ari we zikorerwa, kuko ari byo bituma agirira abayobozi icyizere. Yabivugiye mu ihuriro ngarukamwaka ku iterambere ry’umugabane w’uburayi, European Development Days (EDD), ririmo kubera i Bruxelles mu Bubiligi. Perezida Kagame avuga ko ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ari byo bigomba gutera intambwe ya mbere mu gishyira mu bikorwa gahunda y’iterambere ryabyo ndeste no kuzamura ubukire; […]
Post comments (0)