Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abaturage bakorewe ubukangurambaga ku ndwara ya Ebola

todayJune 20, 2019 27

Background
share close

Abaturage b’akarere ka Musanze baravuga ko biteguye gukurikiza impanuro bahawe mu rwego rwo kwirinda ko indwara ya Ebola yagera mu Rwanda.
Ni nyuma y’ubukangurambaga ubuyobozi bw’akarere ka Musanze burimo kugirira mu mirenge yose yako karere, mu rwego rwo gukumira icyo cyorezo cyamaze kugera muri Uganda.
Ubu bukangurambaga bukaba bwari bugeze mu murenge wa Muhoza.
Muhire Philbert umuyobozi w’ibitaro bya Ruhengeri avuga ko nubwo nta mu rwayi wa Ebola uragaragara mu Rwanda abaturage badakwiye kwirara, agahamagarira buri wese kwirinda gukorakora no kwegera umuntu ugaragaza ibimenyetso.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

MINIJUST irasaba ko amategeko yashyizweho n’abakoloni avanwaho

Minisiteri y’Ubutabera yagejeje umushinga w’itegeko kuri Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu. Ni umushinga w’itegeko risaba ko amategeko areba u Rwanda yashyizweho mu gihe cy’ubukoloni yavanwaho. Ayo mategeko arenga 1000, yashyizweho hagati y’umwaka wa 1885 na tariki ya mbere Nyakanga 1962. MINIJUST yasobanuye ko yashyizweho n’abakoloni kubera inyungu zabo bwite, kandi akaba abangamira imigendekere myiza y’ubutabera mu Rwanda. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 20, 2019 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%