Gusoma no kwandika bikwiye kuba umuco w’abanyarwanda – Minisitiri Nyirasafari
Minisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance, aravuga ko gusoma no kwandika bikwiye kongerwa mu mico iranga Abanyarwanda kugira ngo ubumenyi bugere kuri bose. Yabivuze ejo ku cyumweru, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe gusoma no kwandika. Mu kwizihiza uyu munsi hahembwe kandi abana 30, ni ukuvuga umwe muri buri karere, bahize abandi mu kwandika inkuru mu Kinyarwanda, akaba ari amarushanwa yari arimo abana bo mu mashuri abanza n’abo mu yisumbuye. Aba […]
Post comments (0)