Ibihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza inshingano yo kwibuka – Perezida Kagame
President wa Rep y’u Rwanda Kagame Paul yavuze ko ibihe igihugu kirimo bidasanzwe n’isi yose muri rusange, bidashobora kubaza abanyarwanda kuzuza inshingano yo kwibuka no guha icyubahiro abo u Rwanda rwabuze muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ni mu ijambo umukuru w’igihugu yagejeje ku baturarwanda kuri uyu wa kabiri tariki 7 Mata, umunsi wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 26 jenoside yakorewe batutsi mu Rwanda. Umva inkuru irambuye […]
Post comments (0)