Niringiyimana wakoze umuhanda amafaranga yamushiranye. Airtel yiteguye gukomeza gukorana nawe.
Niringiyimana Emmanuel wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Karongi uzwiho kuba yarahanze umuhanda wa km 7 wenyine aratangaza ko amafaranga amaze kumushirana ku buryo kurangiza kwagura uwo muhanda ku buryo imodoka ziwucamo bitamworoheye. Niringiyimana avuga ko ibikorwa byo kwagura uyu muhanda bimaze kumutwara asaga 5.000.000frw ahemba abakozi akoresha no kugura ibikoresho, akavuga ko n’ubwo imirimo ikomeje ariko nta bushobozi asigaranye bwo guhemba abakozi kandi hakiri igice kidatunganyije kireshya […]
Post comments (0)