Inyanja Twogamo

Inyanja Twogamo: Urugamba rwo mu shyamba ry’inzitane (The Rumble of the Jungle)

todayJuly 7, 2020 127

Background
share close

Muri kino kiganiro, Gentil Gedeon aragaruka ku mukino w’iteramakofe ushyamiranya Igihangange Muhamad Ali na George Foreman. Uyu mukino ubera i Kinshasa muri Zaire, ugaterwa inkunga na Perezida wa Zaire Mobutu Sese Seko. Ni izihe mpamvu zituma uyu mukino ubera muri Congo? Mobutu yari abifitemo izihe nyungu?

Byumve muri kino kiganiro:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

DRC: Aboyobozi b’inyeshyamba boherejwe kugarura amahoro muri Ituri

Leta yohereje abahoze bayoboye imitwe y’inyeshyamba zarwaniraga muri iki gihugu, kugarura amahoro mu turere baturukamo two mu ntara ya Ituri, hagamijwe kumvikanisha imitwe ihanganye igahagarika intambara. Intumwa zigizwe n'abahoze bafite uruhare mu ntambara zabaye mu gihe cyahise, barimo babiri bigeze gukatirwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’I La Haye. Abo ni Germain Katanga wakatiwe n’urwo rukiko muri 2014 washinjwaga guhutaza uburenganzira bwa muntu, n’ibyaha by’intambara, ubwo umutwe yari ayoboye w'abarwanyi bo mu […]

todayJuly 7, 2020 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%