Inkuru Nyamukuru

Polisi yerekanye abantu 7 bakekwaho kujujubya abaturage babiba

todayAugust 8, 2020 47

Background
share close

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 08 Kanama 2020, Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi bakekwaho ubujura mu ngo z’abaturage.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko abo bantu barimo ibyiciro bibiri, harimo batanu b’abajura ndetse na babiri baguraga ibyibwe.

CP Kabera yavuze ko abantu bose bishora mu bujura bazafatwa kuko iyo hafashwe umwe avuga bagenzi be bafatanya.

Uyu ni umuvugizi wa Police CP John Bosco Kabera:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Impanuka zabaye muri iki cyumweru zahitanye abantu 14

Polisi y’u Rwanda itangaza ko muri iki cyumweru habaye impanuka zinyuranye zihitana ubuzima bw’abantu 14, ahanini ngo ziturutse ku muvuduko ukabije. Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wungirije w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ACP Teddy Ruyenzi, aho yavugaga ku bijyanye n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda kubera ubwira cyangwa izindi mpamvu bigateza impanuka. Umva inkuru irambuye hano:

todayAugust 8, 2020 78

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%