Impanuka zabaye muri iki cyumweru zahitanye abantu 14
Polisi y’u Rwanda itangaza ko muri iki cyumweru habaye impanuka zinyuranye zihitana ubuzima bw’abantu 14, ahanini ngo ziturutse ku muvuduko ukabije. Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wungirije w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ACP Teddy Ruyenzi, aho yavugaga ku bijyanye n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda kubera ubwira cyangwa izindi mpamvu bigateza impanuka. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)