Inkuru Nyamukuru

MINIJUST irasaba ko amategeko yashyizweho n’abakoloni avanwaho

todayJune 20, 2019 30

Background
share close

Minisiteri y’Ubutabera yagejeje umushinga w’itegeko kuri Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu.
Ni umushinga w’itegeko risaba ko amategeko areba u Rwanda yashyizweho mu gihe cy’ubukoloni yavanwaho.
Ayo mategeko arenga 1000, yashyizweho hagati y’umwaka wa 1885 na tariki ya mbere Nyakanga 1962.
MINIJUST yasobanuye ko yashyizweho n’abakoloni kubera inyungu zabo bwite, kandi akaba abangamira imigendekere myiza y’ubutabera mu Rwanda.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Inkongi y’Umuriro yibasiye amaduka atanu haracyekwa impanuka y’amashanyarazi

Inkongi y’Umuriro yibasiye inyubako y’Uwitwa Simbizi Joseph mu Mujyi wa Muhanga, maze amaduka atanu yacururizwagamo arakongoka ku buryo nta kintu na kimwe cyabashije kurokoka. Ababonye iby’iyi mpanuka barimo n’abashinzwe umutekano w’amazu y’ubucuruzi bavuze ko inkongi yaturutse ku Ipoto y’amashanyarazi iri neza kuri iyi nyubako yahiye hanyuma ikerekeza mu maduka nayo agatangira gushya ariko kuko yari akinze kuyazimya no gukuramo ibicuruzwa bikabagora. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 19, 2019 72

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%