Inkuru Nyamukuru

Leta irahamagarira abanyeshuri kuyitabaza bakazamuka ari abashoramari

todaySeptember 9, 2019 25

Background
share close

Minisiteri y’uburezi(MINEDUC) ifatanije n’Inama y’Igihugu Ishinzwe ubumenyi n’Ikoranabuhanga(NCST), barahamagarira abanyeshuri bafite imishinga y’ubushakashatsi hamwe n’ijyanye no guhanga udushya, kwitabira amarushanwa azabahesha igishoro cyabarinda ubushomeri barangije kwiga.

NCST yashyizeho ikigega gitera inkunga imishinga y’abanyeshuri n’ibigo bizajya bigaragaza ko bifite ibisubizo ku bibazo by’ingutu byugarije umuryango nyarwanda n’isi muri rusange.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gusoma no kwandika bikwiye kuba umuco w’abanyarwanda – Minisitiri Nyirasafari

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance, aravuga ko gusoma no kwandika bikwiye kongerwa mu mico iranga Abanyarwanda kugira ngo ubumenyi bugere kuri bose. Yabivuze ejo ku cyumweru, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe gusoma no kwandika. Mu kwizihiza uyu munsi hahembwe kandi abana 30, ni ukuvuga umwe muri buri karere, bahize abandi mu kwandika inkuru mu Kinyarwanda, akaba ari amarushanwa yari arimo abana bo mu mashuri abanza n’abo mu yisumbuye. Aba […]

todaySeptember 9, 2019 39

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%